Select books by level
Select your favourite collection
Sabana n’inturo zitandukanye zo mu Buhinde.
Umupine ntabwo ukunda kwikaraga mu muhanda ushyushye cyangwa urimo imukuku igihe uri munsi y’imodoka. Ku bw’izo mpamvu wahisemo kujya gushaka indi modoka wajyaho. Ariko ikamyo iraremera cyane ku buryo itawufata. Umupine kandi ntabwo wajya ku igare ngo bimere neza. Nyuma yaho rero, umupine uhura n’umwana w’umuhungu urimo gushaka inshuti. Ese uyu mupine wafasha uyu mwana w’umuhungu?
Samusure, Macibiri na Rusine bavumbuye ibintu byinshi ku “Mabara yo mu muhanda.” Muri iki gitabo cya kabiri, inshuti eshatu zatangiye gukina. Bari bazi ko baribuhure n’inyamaswa. Ese nawe wifuza guhura nazo?
Umukobwa uvugwa muri iyi nkuru, buri munsi agira ibyo yigira kuri nyina. Ubu azi gukora ibintu byinshi. Ni ibihe washobora gukora muri ibi?
Umukobwa cg umuhungu ukuze ashobora gufasha abandi mu buryo butandukanye. Gufasha birashimisha.
Dukuze afite keki nini, azayikoresha iki?
Umugabo ari hanze mu busitani, acukura anabiba, igihe imvura itangiye kugwa , ibintu bidasanzwe biraba…..bimeze nk’amafi amanuka mu kirere!
Dudu akina na nyina kwihisha , gutanga agatego no guhishura,Ese ni iki yashobora kuvumbura?
Indondanzi ifite agahinda. Irifuza kugira ubushobozi bwo kuguruka nk’izindi nyoni. Biragenda bite nitangira gukusanya amababa?
Books about the animals you like
By navigating this website, you agree to the storing of cookies on your device to enhance site navigation and analyze site usage.